Musanze: Ibyumba by’amashuri byari bimaze igihe bitegerejwe ngo bigabanye ubucucike byatangiye kubakwa

Ku kigo cy’amashuri abanza cya Gashangiro II giherereye mu mudugudu wa Nyiraruhengeri, akagari ka Rwebeya mu…

Burera: Haracyari imwe mu miryango igituye mu bisa na nyakatsi.

Mu karere ka Burera, umurenge wa Gahunga, akagari ka Kidakama mu mudugudu wa Kagoma haracyarangwa imiryango…

Gicumbi: RIB yataye muri yombi Batandatu barimo n’abayobozi ba Koperative y’abahinzi b’icyayi

  Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu batandatu bari abanyamuryango ba Koperative…

Musanze: Inyubako yo muri Gare ya Musanze irahiye irakongoka.

Ahagana saa mbiri n’igice zo muri iki gitondo cyo kuwa 20/11/2023,imwe mu nyubako igeretse (Etage) yafashwe…

Hagiye Kubakwa Inkuta Zikumira Amazi y’imugezi wa Sebeya

 Mu rwego rwo kurinda ko amazi y’umugezi wa Sebeya azongera gusenyera abaturage nk’uko byagenze muri Gicurasi,…

Musanze:  Urubyiruko rugomba kumenya icyerekezo cy’igihugu “Minisitiri Utumatwishima Aboudallah”

Minisitiri w’urubyiruko Utumatwishima Jean Népomuscène Aboudallah arasaba urubyiruko rw’u Rwanda by’umwihariko urwo mu ntara y’amajyaruguru kumenya…

Umunyamakuru Manirakiza Theogene yarekuwe by’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko Umunyamakuru Manirakiza Théogene afungurwa by’agateganyo agakomeza gukurikiranwa ari hanze ku…

Abimukira bo muri Libya 169 bageze mu Rwanda

Leta y’u Rwanda yakiriye abimukira 169 baturutse muri Libya bafite inkomoko mu bihugu bitandukanye birimo Eritrea,…

Rwanda: hatangiye gushyirwaho Ibyapa Biburira Abashoferi Ko Sofia Iri IMBERE

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi, RTDA, cyatangiye gushyira ku mihanda migari ibyapa biburira abantu ko bakwiye kugenda…

Rwamagana: RIB yafunze ukekwaho gutera umuntu ibuye rikamwica

Umusore w’imyaka 21 yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano zikorera mu Karere ka Rwamagana, nyuma yo gukekwaho…