Burera: Poste de Santé imaze imyaka itatu ari idakora

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Gatare, Umurenge wa Gatare, Akarere ka Burera bavuga ko…

Gakenke: Inkuba ikubise batandatu bari ku misozi basenga bane bahasiga ubuzima

Abantu batandatu bari mu masengesho mu Kagari ka Mbirima mu Murenge wa Coko, bakubiswe n’inkuba, bane…

Amajyaruguru:Ntabwo abarwayi bakizwa n’imiti gusa ahubwo bakeneye n’ineza yanyu “gitifu w’intara”

Ku munsi mpuza mahanga wahariwe abarwayi, Umunyamabanga nshingwabikorwa w’intara y’amajyaruguru yibukije abaganga bose bo muri iyi…

Pasiteri Ezra Mpyisi yitabye Imana ku myaka 102

Pasiteri Ezra Mpyisi yitabye Imana ku wa Gatandatu tariki 27 Mutarama, ku myaka 102 y’amavuko. Uyu…

Kamonyi: Umubyeyi yapfiriye mu nzira ajya kubyara

Nagahozo Devotha Umubyeyi w’Imyaka 35 y’amavuko yafashwe n’ibise mu gitondo  ashatse kujya kwa Muganga birangira apfiriye…

Minisate yavuze ko nta Covid-19 yagarutse mu Rwanda nkuko biri gukwirakwizwa

Abanyarwanda basabwe kudaha agaciro ibihuha bikomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga bivuga ko icyorezo cya Covid-19 cyagarutse,…

Ruhango: Abanyeshuri bagera kuri 72 barwariye rimwe

Abanyeshuri 72 bo muri GS Indangaburezi mu Karere ka Ruhango, barware rimwe, ubuyobozi bw’Akarere buvuga ko…

Abagore batwite bagiye kujya bahabwa ikinini kirimo vitamini 15

Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin, yavuze ko abagore batwite bagiye kujya bahabwa ibinini birimo intungamubiri 15…

Rulindo: Amayobera ku munyeshuri wapfuye bitunguranye

Umunyeshuri witwa Niyomufasha Marie w’imyaka 16 wigaga mu mwaka wa kabiri, mu ishuri rya G.S Binaga…

Nyamasheke : Imiryango itatu yasenyewe n’imvura

Imiryango itatu igizwe n’abantu 22 yo mu Murenge wa Kagano mu Karere ka Nyamasheke yasenyewe n’imvura yaguye…