Afurika y’Epfo: Minisitiri arashinjwa gushaka gusambanya umugabo

Minisitiri Wungirije Ushinzwe Ubuzima muri Afurika y’Epfo, Sibongiseni Dhlomo, arashinjwa gukorera umwe mu bagize Inteko Inshinga Mategeko ihohoterwa rigishingiye ku gitsina.

Amakuru dukesha BBC avuga ko Minisitiri Sibongiseni yatumiye uyu mugabo iwe mu rugo i Cape Town kugira ngo baganire ku mafaranga yakoreshejwe mu gice cy’ubuzima, gusa agezeyo ngo ashaka kumusambanya.

Inteko Nshinga Mategeko yatangije iperereza kuri iki kibazo ngo harebwe ko iri hohoterwa ryaba ryarabaye n’ubwo Minisitiri Sibongiseni ahakana ko atigeze agerageza kubikora.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *